Science by teacher cyubahiro
developing knowledge about science
06/08/2020
TURWANYE GUTWARA TWASINZE
Nsubiza n'ukucyi babuza gutwara wanweye inzoga kandi kutubari haba hari parking?
Ibuka gukora like and share . dukomeze dusangire amakuru
Ingendo hagi y'intara ndetse n'umujyi wakigali ziremewe.
Ngaho bwira ubu wowe ugiyekwerekera he?
Tubwize ukuri wakwemera gukundana n'umuntu uzikoko ababatandukanye barapfuye kubaca inyuma. Mbese afite ako kageso. Tubwire?
# # utarakora like ibuka ubanze ukore like and share muzindi group urimo ndetse n'inshuti zawe
Abenshi mubayobozi bibihugu by'africa, abanyabwenge, ndetse n'anya politic batwereka uburyo abanya Africa twifitemo imbaraga n'ubushobozi. Arko ntitubura kumva ubwicanyi, intambara zitarangira mubaturajye baba nyafurika none nagirango munyibwirire ese mubona
Muraho neza
Small quize
1. N'ikihe cyiyaga (lake) cyinini mubugari muri Africa?
2. N'uwuhe musozi muremure muri
A)African
B) Rwanda
Wibuke ukore share muri group urimo, follows and like dukomeze twiganirire
Inkomoko y'ubuvumbuzi
Ubushakashatsi murikigihe nikintu kigezwe.murikigihe ubushakashatsi buriho mubihugu byinshi nubwo kuvumbura umuti n'urukingo rwa covid-19. Ariko mbere yivuka rya Yezu Christ ubushakashatsi n'ubuvumbuzi bwahozeho kunyoko muntu. Ubuvumbuzi bwambere bwabayeho ndetse bugahindura amateka n'imibereho yamuntu bwabere muri Eastern Africa. Ariho ninkomoko yamuntu. Ubwo buvumbuzi bwakozwe n'uhanga wambere kwisi yabashije kuvumbura umuriro.kubwikigikorwa umuntu yahise aba inyamanswa cg icyiremwa cyiyoboye izindi nyamaswa .ndetse ninayo nkomoko yubushaka shatsi kugeza n'uyumunsi.
Ngaho nawe dusangize ubuvumbuzi bwa 2 bwabonwe nikiremwa muntu ? (Dusangize muri comments)
# # wibuke ukore like and share muri buri group urimo # # # # ningirakamaro # # thanks
Try do this exercise
1. 8:4(4-2) =.......?
2. [12×3]:33 =......?
Click here to claim your Sponsored Listing.
Location
Category
Contact the school
Telephone
Website
Address
Rwanda , Kamonyi
Kigali