Twige Amategeko y'umuhanda

Twige Amategeko y'umuhanda

Share

Application Yitwa RWANDA TRAFFIC RULES iri kuri play store igizwe n'ibibazo babaza muri exam ya Provi

09/06/2025

286.Hejuru y’aka kanunga:
a)Nshobora kunyura ku kinyabiziga icyo aricyose mu gihe nagabanyije umuvuduko
b)nshobora kunyura gusa kubinyabiziga by’imitende ibiri
c) kunyuranaho ibumoso birabujijwe
d)a na b ni ibisubizo by’ukuri

09/06/2025

285. Nshobora kunyuraho umuyobozi w’ikinyabiziga wahagaze imbere y’inzira y'abanyamaguru?
a)yego
b)yego nyuma yo kuvuza ihoni
c)yego mu gihe nkurikiwe n’ibindi binyabiziga
d) Oya

25/05/2025

284. Mbere yo kunyura kumuyobozi
w’ikinyabiziga cy’imitende ibiri, ngomba gucana akaranga cyerekezo k’ibumoso?
a) Yego buri gihe
b) Yego igihe hari ikinyabiziga kinkurikiye
c) Yego iyo nkurikiwe nibindi binyabiziga
by’imitende ibiri
d) Oya nta na rimwe kunyura kubinyabiziga
by’imitende ibiri

25/05/2025

283.Ni ikihe cyapa cy’inyemerera gutambuka mbere mu masangano y’umuhanda?
a) Icyapa B3
b) A22 a
c) Icyapa A 20
d) Ibisubizo byose ni ukuri

23/03/2025

Uri umuyobozi wa velomoteri, uhuye n’umwe munshuti zawe agusaba ko wa mutwara ukamusiga ku’wundi muhanda. ufite imyaka 17 ariko witwaje ingofero yindi yabigenewe wamutwara?
a)yego
b)yego usibye urugendo rurerure
c)yego usibye urugendo rugufi
d) Oya.

23/03/2025

282. Uri umuyobozi wa velomoteri, uhuye n’umwe munshuti zawe agusaba ko wa mutwara ukamusiga ku’wundi muhanda. ufite imyaka 18 ariko nta ngofero yindi yabigenewe ufite. wamutwara?
a)yego
b)yego usibye urugendo rurerure
c)yego usibye urugendo rugufi
d) Oya.

23/03/2025

281.Iki cyapa gisobanura :
a) utubuye dutaruka mu muhanda.
b)umuhanda urimo amazi
c)umuhanda unyerera
d)a na b ni bisubizo by’ukuri

11/03/2025

280. Ni ikihe cyapa muri ibi kintegeka gutanga inzira:
a)Icyapa A19
c)Icyapa B6
b) Icyapa B5
d)Ntagisubizo cy’ukuri kirimo

11/03/2025

279. Mu muhanda ufite uruhererekane rw’amakoni, feri y’urugendo ikoreshwa ryari?
a)Mbere ya buri koni.
c)Nyuma ya buri koni
b)Muri buri koni
d)Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

18/02/2025

278. iki kimenyetso cyaka kinyemerera gukomeza:
a) yego
b) yego ariko utanga inzira
kubanyamaguru
c) yego utanga inzira kubandi bayobozi b’ibinyabizaga baturutse mu kindi cyerekezo
d) oya.

18/02/2025

277. Iki cyapa kibuza kunyuranaho ibumoso ku binyabiziga bikurikira :
a) ku binyabiziga byose
b) ku binyabiziga byose bifite moteri
c) kubinyabiziga byose uretse ibinyamitende ibiri n’amapikipiki adafite akanyabiziga ko k’uruhande.
d) nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Want your school to be the top-listed School/college in Kigali?

Click here to claim your Sponsored Listing.

Location

Telephone

Address


Kigali