13/12/2024
Mwese mwahize namwe mwahakoze dufashe uyu mwanya ngo tubatumire mu munsi mukuru wa Yubile y'imyaka 50 ishuri rimaze ribayeho. Ni ku wa 18 Mutarama 2025 ku kicaro k'ishuri. Iyi Yubile kandi izabamo na garuka ushime.
Guhuza Ababyeyi, Abarimu, Ubuyobozi bw'ishuri ndetse n'inshuti z'ishuri mu guhanahana amakuru n'izin
13/12/2024
Mwese mwahize namwe mwahakoze dufashe uyu mwanya ngo tubatumire mu munsi mukuru wa Yubile y'imyaka 50 ishuri rimaze ribayeho. Ni ku wa 18 Mutarama 2025 ku kicaro k'ishuri. Iyi Yubile kandi izabamo na garuka ushime.
Ingenzi Mbati Primary dufashe umwanya ngo tubifurize umwaka mushya muhire wa 2022! Abana bacu, ababyeyi, abarimu, inshuti n'abafatanyabikorwa bacu, mwese Imana izabageze ku byiza byose muri uyu mwaka mushya dutangiye. We wish you all the best!
01/05/2020
01/05/2020
🚨 🚨
Ibikorwa bya leta n’iby’abikorera, amasoko na hoteli ni zimwe muri serivisi zemerewe gusubukura imirimo guhera ku wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi mu gihe amashuri yo azakomeza gufungwa kugeza muri Nzeri uyu mwaka. |IGIHE
Nubwo Corona itumye tutitabira ishuri, bana bacu mukomeze gusubira mu masomo aho iwanyu, Igihe Imana izabishakira tuzongera twige tunakore ibizamini. Ibyumweru 2 batanze hari igihe byarangira COVID-19 itakiri mu Rwanda
Mu gitondo ni itangira ry'amashuri igihembwe cya kabiri. Banyeshuri bo mu Ngenzi, isaha ni ya yindi 7:00' ntawusibye. Twifurije amasomo meza buri wese ugiye kwiga ndetse n'abarimu muzigisha tubifurije umusaruro mwiza mwese.
| Monday | 07:00 - 17:00 |
| Tuesday | 07:00 - 17:00 |
| Wednesday | 07:00 - 17:00 |
| Thursday | 07:00 - 17:00 |
| Friday | 07:00 - 17:00 |
| Saturday | 08:00 - 17:00 |
| Sunday | 08:00 - 17:00 |