Gedeon carlin

Gedeon carlin

Share

Education is key %%%%%%and even mindless tey can have money %%%%money isn't mirror or measures of education

04/11/2022
23/04/2020

Hi

14/04/2020

Igiti cyera imbuto ntikibura guterwamo
imijugujugu, ariko ntibikibuza guhora cyera!
abantu nibagutera amabuye ntuzabasubize
ahubwo uzayarunde uyubakishe maze
ubahamagare ubashimire ko umwete wabo
utapfuye ubusa!
2. Nkuko umwijima utawushyira ahari undi
mwijima ngo bitange urumuri ni nako urwango
utarubiba ahari Urundi ngo bitange Urukundo,
amahoro n'umunezero! Jya wihatira gukora
ikiza urwanye ikibi kandi udategereje
kugishimirwa!
3. Burya nkuko utashakira amazi afutse mu
butayu ni nako utashakira urukundo rw'ukuri
mu mutima wumagaye cg w'urutare!
4. Burya umuryango si abo muhuje isano cg
amaraso gusa ahubwo ni abagufata ukuboko
igihe ubikeneye kurushaho. Inshuti ya hafi
ishobora kukurutira umuvandimwe wa kure
ibyo uzabizirikane
5. Burya umutekano w'inyoni ntushingira Ku
ishami ihagazeho ahubwo ushingira Ku
mababa yayo kuko iyo ishami rihanutse
ntihanukana naryo amababa yayo ayifasha
kwigurukira. Nawe rero ubutunzi,
ntibukakubere nk'ishami ushingiyeho ejo
butayoyoka ukabura ikikuramira ahubwo wite
Ku bandi, Ku nshuti , imiryango ubahe
umwanya bazakwibuke "no body will
remember your power point presentations on
your grave"

03/04/2020

BITEKEREZEHO NEZA!!
1. Nkuko bisanzwe ubona ubwato mumazi
arko
bikaba ibyago uramutse ubonye amazi
mubwato
( uzabe kw'isi arko ntuzatume isi ikubamo
kuko
uzarohama )
2. Ntukababare kubera ikintu wahombye kndi
utacyekaga ko wagihomba, harigihe IMANA
yaguha
ikintu utigeze ucyekako wagitunga.
3. Niba utazi aho umugisha wawe uri
ntukagire
ikibazo... kuko umugisha wawe u*i aho wowe
uri...
nuramuka utawugezeho... wo uzakugeraho.
4. Ntukababare kubera inema IMANA yahaye
mugenzi wawe wowe ikayikwima.....kuko utazi
niki
IMANA yamwimye wowe ikacyiguha..
5. Umwe mubanyabwenge yaravuze ati"
najyaga
ndira kuko najyendaga nibirenge ntakweto
nagiraga...arko naje guceceka ubwo nabonaga
umuntu udafite amaguru" (igihe cyose ujye
ushimira
IMANA
6. Niba ushaka kugera kucyo utari
waragezeho...TU
ZA, UZIGAME, WIHE INTEGO EJO NIWOWE
ABANTU
Ntushobora kunyura bose, ntushobora
gushimisha
buri wese kndi ntushobora gukundwa na buri
wese
kuko utameze nkaburi wese. gira ishema
ryuwo
uriwe kndi uharanire kujya imbere, abaguca
intege
bagutere imbaraga zo gukora cyane wumveko
babiterwa n'ubushobozi bakubonamo kndi
iteka wite
kumutimanama wawe ukore ibyo wumva
wemeranya
nawo UGENDEYE KUBYO UWITEKA AGUSABA
kuko
abantu bo ntiwabashobora!
Nucebeka u*itwa umugome,nuvuga bakwite
bavugamenshi,nugira abantu inama bakwite
bamenya abandi bavuge ko wigira
mwiza,nubona
amafaranga ukagurira abantu ibyo kurya
n'ibyo
kunywa bavuge ko washakaga kubirataho,
nutabagurira nabwo bakwite igisambo,
nubaha
umwanya munini wo kubaganiriza bazakwita
inkorabusa, nuramuka ubuze nabwo bavugeko
wabiciyeho ntukibikoza... imenye kndi ukore
ibyo

Want your school to be the top-listed School/college in Kigali?

Click here to claim your Sponsored Listing.

Location

Telephone

Website

Address

Kigali